Tanga umusanzu wawe
Izigamire ku giti cyawe
Waba wikorera, cyangwa ukorera umubyizi, gutanga umusanzu ku giti cyawe bifasha mu guteganyiriza ahazaza wifuza.

Wisanga He?
Ni ba nde bitangira pansiyo ku giti cyabo?
Umunyamuryango w’Imisanzu
Niba warabaye muri gahunda ya pansiyo mbere, ukaba utagitangirwa imisanzu n'umukoresha wawe kandi ukaba utaruzuza imyaka 55 y’amavuko, ushobora gukomeza kwitangira imisanzu ku giti cyawe.

Ibyo ukeneye kumenya
Umushahara ngenderwaho
Ingano y’umushahara wigeneye ku Imisanzu
Igipimo cy’umusanzu ku kwezi
Umusanzu wa pansiyo ungana na 12% ku mushahara ngenderwaho
Igihe imisanzu itangirwa
Imisanzu itangwa buri kwezi, ariko si ihame
Ubwisanzure mu mitangire y’imisanzu
Wahindura umushahara ngenderwaho buri kwezi
Amabwiriza yo kongera umushahara
Umushahara ushobora kwiyongera bitarenze 30% mu myaka 3
Abemerewe kwitangira imisanzu ku giti cyabo
Niba warigeze muri gahunda itegekwa n'itegeko rigena abakoresha cyangwa uri rwiyemezamirimo
Ingaruka zo kudatanga umusanzu
Kudatanga umusanzu bikugabanyiriza pansiyo
Imbamutima z’abanyamuryango
Reba icyo abanyamuryango bacu bavuga ku mikoreshereze y’uru rubuga.
Inkuru z’abanyamuryango
Dore uko abantu bakoresha urubuga rw'Imisanzu baruvuga. Izi ni inkuru nyazo.
“Ubu menya aho imisanzu yanjye ijya.”
Mbere sinakundaga gukurikirana imisanzu yanjye. Ubu, binyuze ku Imisanzu, mbasha kwinjira vuba nkareba amakuru yanjye yose. Ni uburyo bworoshye kandi bunyongerera icyizere.
KAMANZI Elias
Umunyamuryango utanga imisanzu
“Amakuru ya pansiyo yanjye nyabona byoroshye.”
Icyo nshimira Imisanzu ni uko amakuru yanjye ya pansiyo nyabona bitagoranye. Ndetse n’iyo ndi mu rugo, mbasha kugenzura ko byose biri ku murongo.
KABANDA Jean
Uhabwa pansiyo y’izabukuru
“Yamfashije gusobanukirwa igihe nabikeneye.”
Igihe umugabo wanjye yatabarukaga, hari byinshi nari nkeneye gusobanukirwa. Imisanzu yamfashije kubona no kumva neza amakuru ajyanye na pansiyo y’umusigire.
MUKAMANA Alice
Uhabwa pansiyo y’umusigire
“Kubona amakuru yanjye byoroshye biramfasha.”
Kubera ko nkiri mu bihe ntagishoboye gukora, pansiyo yanjye ni ingenzi cyane. Binyuze ku Imisanzu, nshobora kugenzura amakuru yanjye igihe cyose bibaye ngombwa, mu buryo bworoshye kandi bwihuse.
Jean Baptiste Ndayisaba
Uhabwa pansiyo y’ubumuga
Ibibazo bikunze kubazwa
Dufite ibisubizo by’ibibazo mwibaza
Ni gute mubara pansiyo ku mushahara mbumbe?
Ese nemerewe kubikuza ubwizigame bwanjye igihe mbishakiye?
Niba umukoresha wanjye atakintangira imisanzu, nshobora gukomeza kwiyishyurira imisanzu?
Ubwitengarinyirize bwa pansiyo butandukaniye he n'ubwiteganyirize bwa Ejo Heza?